Kuri uyu wa Kabiri taliki 21 Mata 2026; Mu Mirenge ya Mutenderi na Mugesera hatangijwe ku mugaragaro igikorwa cyo kwemeza imyirondoro no gufotora…
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 27 Ugushyingo 2025, Umuyobozi w’Akarere Madamu NIYONAGIRA Nathalie ari kumwe n’abandi bayobozi yitabiriye…
Kibungo: Imiryango yasezeranye imbere y’amategeko yakanguriwe kwirinda amakimbirane n’ihohoterwa
Mu rwego rwo gukomeza ubukangurambaga bwo kurwanya…
Uyu munsi, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madamu MUKAYIRANGA Marie Gloriose yashyikirije amagare 23 abana bafite…
Mukantaganzwa Vestine ni umubyeyi uri mu kigero cy’imyaka 56 utuye mu Kagari ka Nyinya, Umurenge wa Rukira, ni umwe mu baturage bagaragaza ko guhinga…
Mu rwego rwo guteza imbere uburyo bwo kubika amazi no guhangana n’ingaruka z’imihindagurika ry’ibihe, Inades Formation Rwanda yatanze ibigega 200 byo…
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 29 Ukwakira 2025, Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana MAPAMBANO NYIRIDANDI…
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 28 Ukwakira 2025, hirya no hino mu Mirenge igize Akarere ka Ngoma hateranye inteko z’abaturage, aho abaturage baganiriye…
Mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore wo mu Cyaro wabereye mu Murenge wa Rukira, Akagari ka Buliba, Akarere ka Ngoma, Ubuyobozi bw’Akarere…