Amakoperative 4 agizwe n’abantu bafite ubumuga yatewe inkunga izabafasha kwagura ibikorwa byabo.
Amakoperative 4 agizwe n’abantu bafite ubumuga yatewe inkunga izabafasha kwagura ibikorwa byabo.
Guverineri wungirije wa Banki Nkuru y’u Rwanda yatangije umushinga wo gushishikariza abagore gukoresha ikoranabuhanga muri serivis z’imari.
Kuri uyu wa Gatanu taliki 15 Ugushyingo 2024 Umuyobozi w’Akarere Umuyobozi w’Akarere Madamu NIYONAGIRA Nathalie ari kumwe n’abagize inama y’umutekano…
Intumwa za Rubanda zifatanyije n’Ubuyobozi bw’Akarere mu bikorwa by’Umuganda usoza ukwezi k’Ukwakira 2024 hubakwa ikiraro mu Mudugudu wo Kumurenge mu rwego rwo koroshya ubuhahirane.
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 26.10.2024 n’Itsinda ry’Abadepite bayobowe na Hon.Judith MUKARUGWIZA, Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Ngoma Bwana…
Uruganda rutunganya amazi rurimo kubakwa ku kiyaga cya Mugesera mu gihe gito ruraba rutangiye gutanga amazi.
Imirimo yo kubaka uruganda rutunganya amazi mu karere ka Ngoma ruyakura mu kiyaga cya Mugesera,ugeze kuri 75% aho biteganyijwe ko amazi ruzatanga…
Mu gutangiza igihembwe cy’ihinga 2025A, abahinzi basobanuriwe uburyo bwo guhinga budahungabanya ubutaka.
Mu gutangiza igihembwe cy'ihingwa 2025A mu Karere ka Ngoma abahinzi bigishijwe gukora ubuhinzi budahungabanya ubutaka
Abayobozi bw’Akarere ka Ngoma basoje umwiherero biyemeza gushyira imbaraga mu guteza imbere umuturage.
Kuva kuri uyu wa Gatandatu taliki 14- kugeza 15 Nzeri, abayobozi b’Akarere ka Ngoma, abagize Inama Njyanama y’Akarere, abagize inzego z’umutekano mu…
Abayobotse ubuhinzi bw’imbuto ya Avoka baravuga ko yabazaniye ubukire.
Umugabo witwa TURINABO Pierre Celestin wo mu Murenge wa Rukira, Akagali ka Nyinya yahisemo kuyoboka ubuhinzi bwa Avoka kuko yabubonyemo inyungu nini…
Kwizihiza Umuganura byaranzwe no gusangira indyo ya Kinyarwanda mu kwishimira umusaruro wabonetse.
Kuri uyu wa Gatanu taliki 02 Kanama 2024 mu Karere ka Ngoma kimwe n’ahandi hose mu gihugu hizihijwe Umuganura ku nshuro ya 13. Ibirori byo kwiziohiza…
Mu Karere ka Ngoma batangiye ibizamini bisoza ibyiciro bitandukanye by’amashuri yisumbuye.
Muri iki gitondo, ku ishuri rya KIGARAMA TSS Umuyobozi w’Akarere Madamu NIYONAGIRA Nathalie yatangije ibizamini by’amashuri yisumbuye byakozwe…
Aba DASSO bo mu Karere ka Ngoma bubakiwe icumbi.
Abakozi bashinzwe kunganira Akarere ka Ngoma gucunga umutekano, DASSO bakorera mu murenge wa Rukira bashikirijwe inzu bubakiwe n’Ubuyobozi bw’Akarere…